Indirimbo zo Guhimbaza Imana APP
Iki gitaba kirimwo indirimbo zatoranyirijwe abizera b 'Abadiventisiti b' Umunsi wa Karindwi, ngo bajye bahimbaza Imana mu materaniro Yose anni gusenga, Haba imuhira mu ngo Zabo, non mu nsengero, Cyangwa se mu materaniro makuru, n 'ahandi tubo bateraniye bahimbaza Umuremyi.
Izi ndirimbo Ziri mu ndimi nyinshi Kandi ziririmbwa mu turere twinshi due ku isi. Twifurije umugisha umuntu Wese uharanira kuzigana umwete ONG abone Uko ajya afatanya n 'abavandimwe essere mu Mwami Yesu guhimbaza Imana dati wa twese uri mu Ijuru.